wex24news

Gen Muhoozi yagaragaje ko yiteguye gufata Ayra StarrĀ 

Umugaba Mukuru wā€™Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko yiteguye ā€œgufataā€ umuririmbyikazi Ayra Starr nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo kubona umugore wese yifuza.

Mu butumwa uyu musirikare yanditse ku rubuga rwe rwa X nyuma akaza kubusiba, yagize ati: ā€œSogokuru Amos watabarutse yampaye uruhushya rwo kubona umugore wese nshaka ku Isi! Nzafata iriya nkumiā€¦Ayra Starr.ā€

Ayra wararikiwe na Jenerali, ni umwe mu baririmbyikazi bagezweho muri Afurika no ku Isi muri rusange ukomoka mu gihugu cya Nigeria.

Iyi nkumi yā€™uburanga ikunzwe mu ndirimbo zitandukanye nka Rush, Commas, Bloody Sammaritan, Sability nā€™izindi nyinshi.

Usibye Ayra Starr, General Muhoozi Kainerugaba incuro nyinshi yakunze kugaragaza ko akururwa cyane nā€™uburanga bwā€™umuririmbyikazi Beyonce, ndetse ko na we yiteguye kuba yakora icyo byasaba byose akamubona.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *