wex24news

teacher mampire ma dr okello bategerejwe i kigali

Abanyarwenya bakomoka mu gihungu cya Uganda, Teacher Mampire na Dr Hillary Okello bagiye kongera gutaramira i Kigali binyuze mu gitaramo cy’urwenya ‘Gen-Z Comedy’ cyahujwe no kwizihiza no kwishimira instinzi ya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Teacher Mampire na Dr Okello bategerejwe i Kigali mu kwizihiza intsinzi ya Perezida Kagame

Umunyarwenga Merci usanzwe utegura ibitaramo bya Gen-Z Comedy yatagaje ko bateguye iki gitaramo batumuri abo banyarwenya mu rwengo rwo kwizihiza instinzi ya Perezida Kagame Paul.

Merci yavuze ko gutumira Teacher Mampire muri iki gitaramo byaturutse ku kuba ari umunyarwenya umaze igihe kinini kandi yanyuze imitima ya benshyi, ndetse no kuba twaratumuye Dr Okello twashingiye ku kuba ari umwe mu banyarwenya dukoranye igihe kinini, ku buryo yisanga muri Gen-Z Comedy.

Iki gitaramo kizaba kuwa 25 Nyakanga 2024, kizabera Camp kigali kwijira ahasanzwe ni 5000 naho mu mwanya y’icyubahiro ni 10000.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *