wex24news

yabaye iciro ry’umugani kubera icyongereza cye

Ubwo Diamond Platnumz yabazwanga igihe yagereye mu mujyi yatanze igisubizo mu cyongereza yaba Jason Derulo umubajije n’abafana cyabatunguye.

Ni mubihe bitandukanye hakunze kugaruka inkuru zihariye zibanda ku kuba ubumenye bwe mu cyongereza butari bwagera ku rwego rwifuzwa nk’umwe mu birango bya Afurika.

Jason Derulo yabajije Diamond ati”wageze mu mujyi ryari se? Diamondwashakaga kuvuga saa munani za mu gitondo byaragiye avuze icyongereza gifutamye ugenekereje bivuze”bwa kabiri sibyo?” bwa kabiri mu gitondo”.

Umwarimu uvuga ko ariwe wigishije Diamond icyongereza, Diamond avuga ko uyu mwarimu yigishije abandi bose bo muri Wasafi ariko we ntiyararimo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *