wex24news

mr eazi yashyigikiye gahunda ya guveronoma y’u rwanda

Umuhanzi w’umunya-Nigeria Mr Eazi, yashyigikiye gahunda ya Guveronoma izwi nka ‘dusagire lunch’igamije gufasha abanyeshuri gufatira amafunguro kw’ishuri, yiyemeza kugaburira abana 10,000 mu gihe cy’umwaka umwe.

Uyu muhanzi amaze igihe agaragaza ko yakozwe ku mutima n’iterambere ry’u Rwanda, ndetse hari imwe mu mishinga ye iri i Kigali irimo nk’amazu ari kubakisha, yanashoye imari binyuze muri kompanyi yasinze yo gutega izwi nka ‘BetPawa’.

Image

Iyi gahunda ya ‘Dusangire Lunch’ yatangijwe ku mugaragaro, ku wa 12 Kamena 2024, itangizwa na Minisiteri u’Uburezi ifatanyije na Mobile Money RwandaLtd na Koperative Umwarimu Sacco,

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *