wex24news

M23 yatanze gasopo kuri FARDC

Mu mpera z’icyumweru gishize imirwano ikaze yongeye kumvikana mu Burasirasuba bwa Congo hagati ya M23 n’igisirikare cya Congo n’imitwe bafatanya.

The New Times

Ni imirwano yubuye mu gihe bari mu gahenge kasabiwe mu biganiro bya Angola, kagashyigikirwa b’ibihugu birimo Congo ubwayo ndetse n’u Rwanda.

M23 Kandi kuri iki Cyumweru yashinje Leta ya RDC kugurutsa indege za gisirikare mu bice uwo mutwe ugenzura, utanga gasopo ko utazakomeza kubyihanganira.

Impande zombi ziri kwitana ba mwana, rumwe rushinja urundi ubushotoranyi, mu gihe icyizere cyo gukemura ibibazo mu buryo bw’amahoro kigenda kiyoyoka.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *