wex24news

p-diddy yongeye gusaba urukiko gutesha agaciro ibyo aregwa

Umuraperi P-Diddy aherutse gusaba urukiko gutesha agaciro ibyo aregwa byo gufata ku ngufu inkumi yamukoreraga, arasaba ko ibyo asijwa byateshwa agaciro.

Uretse ibirego 5 by’abakobwa bamushinja ihohotera rishingiye ku gitsina, yanashinjwe ubwambuzi na Rodney Jones umu producer watunganije indirimbo ze.

Kuri ubu P-Diddy yamaze gusaba urukiko rwa Manhattan i New York ko rwatesga agaciro ibyo ashinjwa na Rodney kuko ai ibinyoma ndetse ko Rodney agamije indonke.

TMZ ikomeza ivuga ko nubwo urukiko rwatesha agaciro iki kirego, ariko ntacyo byamarira uyu muraperi mu gihe afite ibindi birego 5 ashinjwamo gufata ku gufu.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *