wex24news

ukwiyunga hagati ya balapeli nyarwnda kivumbi king na papa cyangwa

papa cyangwe na kivumbi king bongeye kwiyunga nyuma yibibazo bari bafitanye ubu noneho bongeye gukorana indirimbo nshyashya bise ”Mu busaza”.

Papa cyangwe yatangaje ko ari umusaruro wavuye mukwiyunga kwe namungenzi we kivumbi kingi nyuma yamakimbirane bari bafitanye.


Ati “Mu minsi ishize ubwo twari mu gitaramo cya Trappish, twakemuye amakimbirane twari ndufie, umubano wacu umeze neza cyane nibaza ko iyi ndirimbo ari ikimenyetso cyuko twiyunze kandi ubu umubano wacu umeze neza.

Mu Ugushyingo 2022 ni bwo hadutse intambara y’amagambo hagati ya Papa Cyangwe na Kivumbi. Yatangiriye kuri Twitter aho umwe mu bafana b’umuziki yabajije abantu umuraperi subiranye
Ubwo amakimbirane aheraho kuva ubwo ngo gusa ubu ngo barasubiranye.


Icyakora nubwo aba ari bo byarangiye babigize intambara, ntabwo ari bo gusa yari yavuze kuko yanasabaga kugereranya B Threy na Bushali, Bull Dogg na Fireman, Ish Kevin na Kenny K-Shot.
Gusa Kivumbi king yahise atangaza ko ntawukwiye kungereranya kivumbi king na papa cyangwe

Ati “Sinubahutse Papa Cyangwe ariko rwose murakina cyane!” Ni amagambo yafashwe nko kwishongora kuri uyu muraperi na we byababaje bikomeye.

Impaka zatangiriye aho, aba bahanzi batangira guterana amagambo , ariko no kumande zombi mubafana babo.

Taliki 10 Ugushyingo 2022 ni bwo Papa Cyangwe yasohoye indirimbo ayita’Icyondo’ ndetse ngo yari iyo kwibasira Kivumbi.

Muri iyi ndirimbo Papa Cyangwe yumvikana atuka Kivumbi mu buryo bukabije anamucyurira ibyo gukoresha ibiyobyabwenge yigeze kuvugwaho mu myaka yo hambere.

nyuma yibyo bibazi byabo ubu basubiranye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *