wex24news

APR FC yatangiye kongeramo abakinnyi mw’ikipe muyitenge.

ku munsi wejo tariki ya 19 Ukuboza 2023 nibwo Amakuru yagiye hanze ko umusore Kategea Elie wakiniraga Mukura VSL akina mukibuga hagati yerekeje muri APR FC, nyuma yo kumusinyisha igihe cyingana n’Imyaka ibiri.
kuwa 19 /12/2023 hamenyekanyeko umukinnyi ka karegeya Elie wakinaga muri mukura VSL mukibuga hagati yagiye gukinira APRFC ikaba igiye kumusinyisha imyaka 2
akaba yerekeye muri APR FC ariko asigaje amasezerani gana namezi atandatu muri mukura VSL

Iki APR FC yamuguze Miliyoni Umunani 8000,000 frws zishobora kwiyongera, uyu musore kandi acyina nka nimero 10 mukibuga hagati akina nkusatira izamu , byagaragaraga ko kuva APR FC yatakaza Manishimwe Djabel hari harabuze undi mukinnyi ukina uyu mwanya kuburyo bunogeye iyi kipe.

uyu mukinyi biteganyijwe ko ahita asanga abakinnyi biyi ikipe ya APR FC mu mwiherero wo kwitegura kwitabira igikombe cyizabera muri Tanzania cya Mapinduzi cup .

APR FC yisanze mwitsinda ririmo Simba sports club.

uko amatsindsa ahagaze

Group A: Azam FC, Mlandege, Chipukizi FC & URA.

Group B: Simba SC, Jamhuri, APR FC & Singida Big Stars.

Group C: Yanga SC, Bandari FC, KVZ & Vital’O’.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *