wex24news

abahanzi bakomeye, mumuziki nyarwanda, no hanze y’igihugu, bazitabira ubukwe, bwa the ben.

Aba ngo bamaze kuzinga ibikapu byabo berekeye ikigali m’urwanda aho bazaba baje mubukwe bw’umwe mubahanzi bakomeye mu rwanda, no muri Afuruca y’uburasirazuba.

Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe bwiki cyamamare, bazaba barimo abingajemo, abo murwanda, no muri afurika y’uburasirazuba, ndetse no kumugabane w’ubulayi, ariko bahoze baba murwanda.

Bamwe mubazaba bitabiriye ubu bukwe baturutse muri Afurika y’uburasirazuba,Rema namakula,Olig pole,diamond platnumz,nabandi batandukanye bakomeye mu muziki w’urwanda no hanze.

Aba kandi ngo, hashobora kuziyongeraho, abandi batandukanye, barimo umuhanzi ukomeye cyane witwa, Ngabo Medard ubarizwa muri leta zunze ubumwe za America.

Ubu bukwe buzaba taliki ya 23 ukuboza 2023, gusezerana imbere y’imana, no gusagira n’imiryago kumande zombi.

Ni ubukwe buzabera muri kigali convention center, ni kumunsi wejo kuwa gatandatu .


Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *