wex24news

Umugore yanyujije inshoreke ye mu idirishya kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugore wafashwe amashusho Ari kunyuza umugabo bari baryamanye mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma.

Nk’uko bikomeje gutangazwa, biravugwa ko umugabo wuyu mugore yari yagoye mu kazi nk’ibisanzwe ariko umugore we agahita azana inshoreke ye bakaryamana, nubwo umugabo yagarutse igitaraganya maze umugore agwana no kunyuza uwo mugabo mu idirisha kugira ngo umugabo we atamusanga ari kumuca inyuma.

Mu mashusho yafashwe n’umwe mu baturanyi wabibonaga, ubwo uyu muturanyi yabonaga uyu mugore Ari kunyuza inshorecye ye mu idirisha, yahisemo gufata amashusho ndetse ayo mashusho niyo yaje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

Muri ayo mashusho kandi uyu mugore ndetse n’uyu mugabo bagaragaye bambaye ubusa kuko basohotse mu cyumba igitaraganya imyenda bayifite mu biganza kugira ngo umugabo w’uyu mugore ataza kumusangana nundi mugabo.

bantu benshi bakoresha imbugankoranyama bakomeje gutangazwa n’uyu mugore ndetse Hari uwavuze ko buryo uwububa abonwa nuhagaze.

Source: latestNGnews.com.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *