wex24news

Umugabo yavuze ko abakobwa benshi baba muri Afurika bajya Dubai baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga

Ni Kenshi abakobwa bamwe na bamwe bo muri Afurika bagaragara bagiye mu butembere mu mujyi wa Dubai hakibazwa icyo bagiye gukorayo bikabacanga, icyakora Hari abantu benshi bashidikanya ku mirimo abo bakobwa bakora muri ayo Mahanga kugira ngo babeho neza ndetse bagire amafaranga nk’uko ku mbugankoranyambaga bagaragara.

Simon umwe mu bagabo baba muri uyu Mujyi, bavuze byinshi ku buzima abakobwa benshi bajya i Dubai babayemo. Nibwo uyu mugabo yavuze ko abakobwa benshi bo muri Afurika baba i Dubai baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga abatunga muri uyu mujyi

Uyu mugabo avuga ku mibereho yo muri uyu mujyi, yavuze ko uyu Ari Umujyi ukomeye cyane ndetse kuwubamo bisaba amafaranga menshi, aribwo yakomoje kuri abo bakobwa baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga.

Yakomeje avuga ko muri uyu mujyi haba ubuzima bukomeye bugoye ndetse ko bisaba amafaranga menshi kugira ngo uhabe. Yakomeje avuga ko kubona akazi muri uyu mujyi bigoye ndetse aribyo bituma abakobwa benshi bisanga mu buraya kugira ngo babone amafaranga menshi abatunga muri uyu mujyi wa Dubai.

source:news the standard digital.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *