wex24news

Zari urugorwe rwigabijwe nabajura , uwarushinzwe kurinda urugo rwa arahakomerekera bikomeye.

Ni ubutumwa bw’amashusho yatambukije kuri Instagram, Zari yagize ati” Ejo hashize urugo rwanjye ruri muri Uganda rwaratewe ubwo nari nasohotse, bazirika uwari ushinzw kururinda bamutema ugutwi banatwara ibintu byinshi byi bikoresho byari munzu.”

Yavuze ko aba bajuru banabajije abari mu nzu, bababaza aho imfunguzo z’imodoka ziri kugira ngo bayitware ariko bumvise abashinzwe umutekano baje baranshika barajyenda batwara ibintu bitandukanye by’agaciro birimo impeta ze nibindi.

Zari yavuze ko kandi aba bajura banakubise imbuda ku mutwe w’uwarindaga inzu ye ugasaduka, ku buryo iyo atihutishwa ngo ajyanywe kwa muganga yari gutakaza ubuzima. Abari mu nzu bose ni bazima nk’uko uyu mugore wagashize ufite agatubunse muri uganda yabitangaje.

Kuri ubu Zari akaba yangeze i Kigali, yaje yitabiriye igitaramo cye yateguyekitwa ‘All White Party’ kibera The Wave Lounge, tariki 29 Ukuboza 2023. Ni igitaramo ahuriramo n’ibyamamare bikomeye birimo Muyango Claudine.

Zari yageze i Kigali nyuma y’amasaha make abajura bigabije urugorwe bakarusiga iheruheru.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *