wex24news

Umukobwa ukora umwuga w0 kwicuruza (uburaya) yatunguranye atanga Bonane kubamubereye abakiriya bose 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza.

Ku munsi wejo hashize tariki ya 1 Mutarama 2024, mu buyapani umukobwa usanzwe akora umwuga wo lwicuruza yahaye promosiyo abagabo bose bishimanye umwaka wose kugirango abahe Bonane abashimira ko bamubereye abakiriya beza.

Uyu mukobwa usanzwe akorera murimwe mu mijyi yiki gihugu, kuri uwo munsi yahaye itangazo abakiriya be kugirango abashimire ko bamubereye abakiriya beza muri 2023 nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa Japantimes cyo muri ivyo gihugu.

Abagabo bose bakimara kumva ibyo uyu mukobwa yatangaje bisukiranyije ari benshi cyane ndetse iby’uyu mukobwa yatangaje abishyira mubikorwa ndetse hitabazwa inzego z’umutekano zifasha abo bagabo kugirango icyo gikorwa kigende neza batabangamiranye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *