wex24news

Uyu munsi taliki 4 mutarana 2024 ni umunsi wihariye detse utazava mumitwe yaba bombi,Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango.

Uyu munsi ni umunsi w’ibitangaza kuri Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango, ntibazawibagirwa.

Kuri uyu munsi tariki ya 4 Mutarama 2024 ni umunsi ugiye kuba umwe mu minsi itazibagirana mu buzima bwa Kimenyi Yves ndetse n’umugore we Miss Uwase Muyango.

Kuri iyi tariki 4 Mutarama 2024 nibwo Uwase Muyango ndetse na Kimenyi Yves bagiye kurushinga mu mategeko, barajya gusezerena mu murenge.

Kimenyi Yves ndetse na Muyango bagiye gushingiranywa mu mategeko mu gihe bari bamaze imyaka babana badasezeranye mumamatengeko ndetse bakaba barabyaye umwana umwe.

Ubusanzwe ubukwe bwa Muyango na Kimenyi Yves bwari kuba bwarabaye muri 2023 ariko bukomwa mu nkokora n’imvune Kimenyi Yves yahuye nayo ubwo yari ari mu kibuga akina umupira akaza kuvunika bikomeye.


Gusa iyi mvune si ubukwe yahagaritse gusa yahagaritse nibidi bari barateguye gukora gusa nubukwe bibingenderamo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *