wex24news

Bushali n’umugore we barangaje abantu mu bukwe bwa Kimenyi Yves na Muyango Claudine.

Mu bukwe bwa Miss Muyango Cloudine  n’umukinnyi Kimenyi Yves bwabaye kuri uyu wa 6 Taliki 6 mutarama 2024, bwitabiriwe n’ibyamamare harimo bamwe bagiye batungurana.

Muri abo batunguranye harimo umuhanzi Bushali waserukanye n’umugore we ndetse bakaba bari mu bantu barangaje abantu benshi mu bukwe kubera ubwisanzuro n’urukundo bari bafite.

Muri ubu bukwe kandi harimo ibindi byamamare harimo nka Kevin Kade waririmbye indirimbo ‘Munda’ imaze gukundwa n’abatari bacye hirya no hino muri Afurika.

Si abo gusa kuko harimo abandi bahanzi nka Juno Kizigenza nawe waririmbye muri ubu bukwe, Producer Element nawe yaserutse neza aririmbira abageni indirimbo ye kashe yakunzwe n’abatari bacye hirya no hino.

kanda hano urebe ama shusho yubukwe bwa bushali

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *