wex24news

Ykee Banda wagizwe umuyobozi w’ishuri yahuje imbaraga na Marina

Umuhanzi Ykee Banda yakoranye indirimbo na Marina nyuma y’igihe ahawe akazi ko kuba umwe mu bayobozi b’ikigo cy’amashuri cyitwa Golden High School giherereye ahitwa Nsangu muri Uganda.

Aba bombi Marina na Ykee Banda bakoze iyi ndirimbo bise ‘Ndokose’ yaje kuzuza inzozi z’uyu muhanzikazi zo gukorana indirimbo na Ykee Banda.

kanda hano urebe indirimbo

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *