wex24news

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu.

Umwarimu wigisha muri segonderi yagiye gusura umunyeshuri yigisha ngo baryamane birangira ababyeyi babaguye gitumu

Muri Uganda hakomeje gucicikana amashusho y’umugabo bivugwa ko ari umwarimu wafashwe n’ababyeyi b’umwana yigishaga muri segonderi , ubwo yashakakaga kumusambanya.

Mu kiganiro uyu mwarimu yagiranye n’umukobwa, byagaragaraga ko banze gukodesha lodge (inzu yo kuraramo) baziko umwana aza kuba ari mu rugo wenyine.

Uyu mwarimu yabwiye umwana ati ” Ese aho gukodesha lodge waretse tukazabikorera aho iwanyu, amafaranga twari kuyikodesha nkayaguha ko nawe uyakeneye”.

Umunyeshuri yarabimwemereye ndetse amubwira ko azaba ari mu rugo wenyine, ariko yari afite impungenge z’abaturanyi.

Byaje kurangira bafashe umwanzuro ko uyu mwarimu agomba kuza iwabo w’uwo mukobwa, ninako byagenze gusa byarangiye ababyeyi b’umwana bamufashe.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *