wex24news

Ku Gisozi habereye impanuka ya Gaze.

Mu mujyi wa Kigali ho mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi ku munsi w’ejo hashije habereye impanuka ya Gaz yaturitse, inzu yari ituwemo na Kabagwira Clarisse irakongoka.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yatangarije Kigali Today dukesha iyi nkuru ko iyi mpanuka yabaye ku wa Gatatu tariki 17 Mutarama 2024,

Yakomeje avuga ko iyo Gaze yaturitse ubwo bari bayitetseho gusa ku bw’amahirwe ntawe yahitanye ngo ahasige ubuzima.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *