wex24news

Kanye West yategetse umugore we kujya mu isoko yambaye ubusa

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umuraperi Kanye West n’umugore we Bianca Censori bari mu isoko ariko umugore asa nk’uwambaye ubusa.

Nkuko bigaragara muri aya mashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, Kanye West yari yambaye neza yikwije ariko umugore yambaye akajipo kagufi cyane ndetse n’agasutiye gahisha imoko gusa.

Abantu benshi bakomeje gusaba uyu mugabo ngo arekere gusebya umugore we kubera amavidewo ndetse n’amafoto by’urukozasoni by’umugore we akomeje gushyira hanze yifashishije imbuga nkoranyambaga ze,  akagerekaho no kumujyana mu ruhame yambaye ubusa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *