wex24news

Otile Brown yateye gapapu Ben Pol

Umuhanzi wamamaye nka Otile Brown ari mu rukundo na Arnelisa.

Arnelisa Muigai wari umugore wa Ben Pol ari kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Otile Brown ukubutse mu Rwanda mu bihe bya vuba.

Mu mashusho yagiye hanze harimo amajwi agira ati:” Muraho , ni umuhungu wanyu Bizeee ndi kumwe na Arnelisa udasanzwe, rero nashakaga kugushimira”. Uko bavugaga aya magambo niko Brown yiyegerezaga uyu mwari.

Ibi byatumye benshi bagaragaza ko urukundo rw’iki gihe rutagikomera ngo na cyane ko uwo mukundana uyu munsi atari we mukundana ejo.

Arnelisa na Ben Pol batandukanye muri 2022 bahanye gatanya nyuma yo gukora ubukwe budasanzwe.Aba bari baratangiye gukundana muri 2018 bagihura.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *