wex24news

Zari Hassan yiyamye abantu bamwandikira bamusabirizaho amafaranga

Uyu mugore wo mu gihugu cya Uganda ariko usigaye utuye muri Afurika y’Epfo, kubera kugira amafaranga menshi cyane abantu bakunda kumwandikira ku mbuga nkoranyambaga ze bamusaba amafaranga, icyakora uyu mugore we ariyama abo bantu bose.

Mu mashusho uyu mugore yanyujije ku rukuta rwe rwa TIKTOK, yavuze uburyo abantu benshi bakunda kumwandikira bamusaba amafaranga ndetse avuga ko Kenshi usanga abo bantu banga gukora bakirwa basabiriza.

Mu magambo ye yagize ati “kuri abo bantu Bose birwa bansaba amafaranga yo kurya no kwishyura ubukode, ikibazo mfite ejo muzabaho mute!? Mu kwezi gukurikira nabwo uzacyenera amafaranga yo kurya no kwishyura inzu.”

Uyu mugore Kandi yavuze ko bamwe mu bantu bamusaba amafaranga Banga gushaka amafaranga ngo bategereje gusabiriza.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *