Uwicyeza Pamela yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day.
Uretse The Ben, byitezwe ko abandi bahanzi Nyarwanda barimo Bruce Melodie, TETA Diana na Ruti Joel nabo bazitabira iyo nama ndetse bazasusurutsa abazayitabira.