wex24news

Murungi Sabin arashijwa kurarura Abagore babandi ,Ese kuki akomeje gusenya ingo nyinshi?

Umunyamakuru witwa Murungi Sabin akomeje gushinjwa gusanya ingo nyinshi?

Uyu mugabo uzwiho gukoresha ibiganiro abagore barira batanga ubuhamya bw’ibibera mu ngo zabo , arashinjwa na mugenzi we nawe ukorera kuri youtube kuba ari kuba imbarutso yo gusenyuka kwingo za rubanda kubera gukoresha bagore aho baba batanga ubuhamya bwibibera mungo zabo ndetse baba banarira, mu biganiro bye byinshi akorana nabo bagore aba aba shishikariza gutandukana nabobashakanye.

Umugore uvuga ko Murungi Sabin hari umugore yatumye atandukana n’umugabo we ,ndetse ko uwo mugore yabaye inshuti cyane na Murungi Sabin kuburyo wabonaga ko hari ikibyihishe inyuma.

Hari nundi ubimugayira , kandi niyo unyuze mu bitekerezobyabakurikirana ibi biganiro , usanga benshi bavuga ko bindakwiye ko abagore bashyira amabanga hanze yingo zabo , cyangwa ngo akomeze gushishikariza abagore babandi kuba basenya ingo zabo .

Iyi nkuru yasakaye mubinyamakuru, bamwe baribaza ” ese aba bagore babandi bazabazwa nde ?”. abandi nabo bati ” ese kuki akomeje kwigira isoko yo gutandukana kwingo nyinshi ?”. Gusa hari nabavuga ko arukumungendaho kubera ibikorwa bye.

icyo bamwe babivugaho

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *