wex24news

Hafi ya Goma rubyutse rwambikana

Ni imirwano itari iya Leta ivuga ko imeze nabi icyakora ngo muri Sake harimo umutuzo nyuma y’uko ku munsi w’ejo intambara muri aka gace yari yafashe indi ntera.

Gusa n’ubwo hari ako gahenge,amakuru avuga ko nibura 80% by’abaturage bamaze guhunga umujyi wa Sake berekeza i Goma.Ni mu gihe M23 ikomeje gushinja FARDC n’abafatanyabikorwa bayo kugira uruhare mu guhungabanya umutekano w’abo baturage ku buryo idatinya no kubarasaho amakompora aremereye.

Imirwano yo muri iki gitondo, birimo kuvugwa ko irimo gukorwa cyane na Wazalendo, Abarundi n’abacanshuro.Imbunda ziremereye ngo nizo zirigukoreshwa.Uretse uduce twavuzwe haruguru ngo utundi duce nka Kanyamahoro ,ku Mabere y’Inkumi naho imirwano irakaze.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *