Mu kiganiro k’imbona nk’ubone(live) kuri instagram Bruce yagiranye na Ddumba, Kasuku ndetse n’abakunzi ba Show biz, aba bagabo uko ari batatu bavuze ko The Ben nubwo afite indirimbo Ni forever iri hit , ariko ko yazimye.
Bruce Melody we yasaga nkaho ntacyo bimubwiye, mu rwenya rwinshi ati “nahoshi n’ubundi ntatuzi yanzaniraga”. Gusa Bruce Melody yanze kuripfana avuga ko nubundi The Ben yari asanzwe yarazimye ahubwo ko yagaruwe mu murongo n’amatiku.
Bruce Melodie yagize ati ” The Ben yari asanzwe yarazimye ahubwo yagaruwe n’amatiku”.