
kuri uyu wa Kane tariki 15 Gashyantare 2024, mu masaha ya saa cyenda z’igicamunsi z’umugoroba.
Mu karere ka Gakenke mu Murenge wa Coko inkuba yakubise abantu 6 maze 4 muribo bahita bapfa abandi 2 bari mubitaro, ibi bibaye nyuma yaho uyu munsi imvura yiriwe ingwa arinyinshi mubice bitandukanye by’u Rwanda