wex24news

Gorilla FC yabonye umutoza mushya wanyuze mu makipe akomeye atandukanye muri Africa.

Nyuma yuko ikipe ya Gorilla FC yirukanye umutoza wayo Gatera Musa ubu yamaze kuzana undi mutoza mushya wanyuze mw’ikipe ya Rayon Sports.

Umubiligi Ivan Jacky Minnaert watoje Rayon sports muri 2018 yeretswe abakinnyi ba Gorilla FC nk’umutoza wabo mushya mu gihe cy’amezi atanu.

uyu mutoza Kandi si Rayon sports gusa yanyuzemo kuko yatoje na Djoliba Athlétic Club yo mu cyiciro cya mbere muri Mali, AFC Leopards yo muri Kenya

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *