wex24news

Gen David Sejusa ashyigikiye ko u Rwanda rufasha M23.

Gen (Rtd) David Sejusa Tinyefuza wahoze mu ngabo za Uganda, yagaragaje ko ashyigikiye kuba u Rwanda rwaha ubufasha umutwe wa M23 bijyanye no kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na yo yarinjije mu ngabo zayo abarwanyi b’umutwe wa FDLR.

Ibihugu bitandukanye birangajwe imbere na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bufaransa bimaze iminsi bishyira igitutu ku Rwanda, birusaba “guhagarika ubufasha kuri M23 ndetse no kuvana Ingabo zarwo ku butaka bwa RDC”.

Congo Kinshasa imaze imyaka irenga ibiri ihanganye n’uriya mutwe ivuga ko ushyigikiwe na leta y’u Rwanda.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *