musenyeri Jean-Pierre Sawadogo uyobora paruwasi ya Dori.Yavuze ko iki gitero cyabereye ku mudugudu wa Essakane, ubwo abakristu bari muri misa.
Musenyeri Sawadogo yamaganye abakoze ayo mahano ahamagarira ababishinzwe kwimakaza umucyo w’amahoro n’umutekano.
Iki gitero Kije gikurikira ibindi bimaze iminsi bigabwa n’imitwe y’intagondwa za kiyisilamu mu karere. Ibyo bitero bimaze igihe byibasira insengero, ubundi bagashimuta abayobozi b’amadini nkuko tubikesha jwi ry;America.