wex24news

Yolo The Queen yateye utwatsi ko avuka muri kamwe mu karere ko mu Rwanda byari bizwi ko ariho aturuka.

Umujejeta faranga, akaba mushabitsi kumbugankoranyambaga zitadukanye  uzwi ku izina rya Yolo The Queen yagaragaye asubizaga ku bijyanye n’akarere ka Rwamagana benshi baziko ariho avuka.

Abicishije kurukuta rwe rwa instagram hashyirwa ubutumwa bumara amasaha 24 (story) yashyizeho umwanya ngo abantu bamubaze ibibazo byose bifuza.

Hari uwamubajije ati:”Ase Koko uri uwa Rwamagana” agiye kumusubiza yagize ati:”Rwamagana sinyibamo sinigeze nanayibamo”.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *