wex24news

M23 yongeye kwerekana ko itari agafu kimvugwa rimwe ugaragaza ko ufite imbaraga ku rugamba ihanganyemo na FARDC nabayifasha.

M23 yagiye itabaza ivuga ko uku gukorana kwa SADC , Ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bikomeje gutuma bagaba ibitero bikibasira abasivile kuko ngo biterwa mu baturage.Abakurikiranira hafi iby’uru rugamba bavuga ko uyu mutwe wamaze gufata agace ka Kabiri ko muri Sheferi Bwito muri Teritware ya Rusthuru.

Umwe mu banyamakuru bakurikirana iby’uru rugamba, anyuze kuri X yagize ati:”Kuri uyu wa Kane, Kibirizi yamaze kujya mu maboko ya M23 nyuma yo gufata Nyanzale , n’utundi duce twinshi two muri Lokarite ya Bwito muri Ritshuru”.

M23 yakunze kuvuga ko itazihanganira uruhande bahanganye rwica abaturage ahubwo ko ngo uzajya ujya kurwana aho bawuteye baturutse.M23 iherutse gutangaza ko abaturage baho ndetse bakaba bakora ibikorwa by’iterambere. nk’umuganda.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *