Mu gitabo cy’imigani aho Uwiteka ubwe ahamya ko hari ibyo yanga mu buryo bukomeye agashimangira ko bimubera ikizira imbere ye ni ibi: (Imigani 6: 16-19)
hagira hati” Hariho ibintu bitandatu ndetse birindwi, Uwiteka yanga bimubera ikizira ni ibi:
17: 1 Amaso y’ubwibone
2 ururimi rubeshya
3 Amaboko avusha amaraso y’utariho urubanza,
18: 4 Umutima ugambirira ibibi
5 Amaguru yihutira kugira urugomo,
19: 6 Umugabo w’indarikwa uvuga ibinyoma
7 N’uteranya abavandimwe.