wex24news

ese waba uzi ibintu 6 imana yanga urunuka?

Mu gitabo cy’imigani aho Uwiteka ubwe ahamya ko hari ibyo yanga mu buryo bukomeye agashimangira ko bimubera ikizira imbere ye ni ibi: (Imigani 6: 16-19)

hagira hati” Hariho ibintu bitandatu ndetse birindwi, Uwiteka yanga bimubera ikizira ni ibi:

17: 1 Amaso y’ubwibone

2 ururimi rubeshya

3 Amaboko avusha amaraso y’utariho urubanza,

18: 4 Umutima ugambirira ibibi

5 Amaguru yihutira kugira urugomo,

19: 6 Umugabo w’indarikwa uvuga ibinyoma

7 N’uteranya abavandimwe.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *