Nikibuga giherereye mu karere ka kicukiro mumurenge wa gasanze, kikaba kizajya gikoreshwa mu gukora ibizamini byimushya zaburundu zogutwara ibinyabiziga.
Ibizamini ibizajya bikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga birimo ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo, icyo gutwara ipikipiki, icyo gutwara imodoka gikorerwa mu kibuga n’icyo gutwara imodoka mu muhanda.
Iki kigo nigitangira gukora, ugiye gukora ikizamini azajya yiyandikisha ku rubuga rwa Irembo, ahitemo umunsi, itariki n’isaha azakoreraho.