wex24news

kigali :murwanda hamaze kuzura ikibuga kizajya kifashishwa mugukora ibizamini by’ibinyabizia muburyo bw’ikorana buhanga.

Nikibuga giherereye mu karere ka kicukiro mumurenge wa gasanze, kikaba kizajya gikoreshwa mu gukora ibizamini byimushya zaburundu zogutwara ibinyabiziga.

Ibizamini ibizajya bikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga birimo ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo, icyo gutwara ipikipiki, icyo gutwara imodoka gikorerwa mu kibuga n’icyo gutwara imodoka mu muhanda.

Iki kigo nigitangira gukora, ugiye gukora ikizamini azajya yiyandikisha ku rubuga rwa Irembo, ahitemo umunsi, itariki n’isaha azakoreraho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *