wex24news

pasiteri yayobotse imikino y’amahirwe izwi nka (betting) nyuma yo gutsindira million 969, ahita ahagarika iby’agakiza .

Mu gihugu cya kenya hamaze iminsi hacaracara, inkuru y’umupasteri witwa Peter Wafula, wamaze gutangaza ko asezeye umurimo wivuga butumwa,nyuma yaho atsindiye amafaranga angana na million 969 mumikino yamahirwe.

Uyu mupasiteri yahise afunga urusengero igitaraganya abwira abakirisitu be ko ibyo gusenga abivuyemo niba babishoboye bisengere , ati “tuzahurire mu ijuru ibyo gusenga mbivuyemo”.

Uyu mugabo yahise ashinga amakipe abiri y’umupira w’amaguru hariya mu gihugu cya Kenya. Gusa benshi bakomeje kubimugayira kuba yafashe amafaranga akayarutisha Imana.  Gusa hari nabavuga ko Imana yasubije amasengesho ye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *