wex24news

Umugabo witwa Ngendahimana Fidele arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri yatewe nagaheri yashimye kakamuviramo uburwayi.

Fidele yafashwe n’uburwayi bw’agaheri, ubwo nyuma bukomeza kumubera bubi kugeza ubwo ajya kwivuza ku Bitaro bya Kibogora arabagwa gusa nyuma bamubaze bamubwira ko ka gaheri kamuviriyemo kanseri.

Kuva icyo gihe, umuryango wa Fidele watangiye guteseka, babura ubushobozi, abana babura amafaranga y’ishuri kuko ariwe washakiraga amarongo n’umuryango we.

Ngendahimana Fidele afitanye n’umufasha we abana bane, hagize uwifuza kumufasha yamubonera kuri telefoni ngendanywa ya 0788303542 ikaba ibaruye ku mazina ye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *