wex24news

abamotari barashinjwa kugira Umwanda,none bitumye ibyari ibyishimo bizamo ibibazo.

Mu nama yahuriyemo amatsinda y’abamotari mu Mujyi wa Kigali hatangajwe ko ingofero z’abamotari zikemangwa kutagira isuku.

Kuri ubu izo ngoferi zigiye kujya zisuzumwa ngo harebwe niba zujuje ubuziranenge.

Urwego rw’Igihugu rutsura ubuziranenge (RSB) na Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), bavuga ko barimo gupima ubuziranenge bw’ingofero z’abamotari, nyuma yo kubona ko izo bafite inyinshi zitarinda abantu kwangirika umutwe.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *