![](https://wex24news.rw/wp-content/uploads/2024/03/image-232.png)
Imirimo yo kubaka stade Amahoro itegerejwe na benshi, isa nigeze ku musozo kuko ubu igeze ku kigero cya 95%.
Iyi stade izajya yakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, biteganyijwe ko izaba yuzuye mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi, mu kwa 6 ikazatangira gukinirwaho.