uyu mukobwa yagiye ku rubyiniriro akagaragaza ibice by’ibanga bye.
Uyu mukobwa umuze kwigwiza igikundiro muri Uganda, akunze kwiyambazwa mu bitamo bitandukanye byo gucurangira abahanzi bakomeye, ndetse no mu tubyiniro dukomeye i Kampala.
Si ibyo gusa kuko no ku ma radio na Televisio bikomeye asanzwe ajya gucurangaho. uyu mu DJ amafoto ye agaragaza igice cy’ibanga yasakaye ku mbuga nkoranyamga muri uganda, nyuma yuko agiye ku rubyiniriro agatwarwa agashiduka yishyize hanze. Amafoto.