wex24news

#kwibuka30:DATA yari interahamwe ruharwa/Abo yahekuye nibo batumye ngana gutya.

Ni umusore witwa MUTERAMBERE Venuste ukomoka AKARERE ka HUYE, m’UMURENGE WAKIGOMA yatangaje ko yagize igikomere n”ipfunwe yatewe nuko umwe mubabyeyi be yakoze jenoside akica abaturanyi be.

Nyuma abo umubyeyi we yishe bakaza kumurera agakura ubwo mama we yitabaga Imana agasigara wenyine.

Ibi yabitangarije kuri kimwe mubinyamakuru gikorera kumuyoboro wa youtube hano murwanda akaba yarabitangaje taliki 8 mata 2024.

Yabitagaje murwego rwo gushimira umuryango wahemukiwe n’umubyeyi we,nyuma ukaba ariwo umwitaho ukamurera agakura, ubwo ntawe yarafite wo kumufasha.

Kanda hano ukurikire ubuhamya bwose.

wex24news.com

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *