wex24news

#Kwibuka30: Sharaf Eldin Shaiboub  wa APR yagize icyo atangaza muri ibi bihe byo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi 1994 mu rwanda.

Mu magambo ye yagize ati:” Kubantu beza bo mu Rwanda, imyaka 30 irashize habaye Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko mwagaragaje ukwihangana no gukunda, Imana ikomeze kurinda Igihugu cyanyu ndetse ikwize amahoro n’urukundo muri cyo”.

Ubusanzwe amazina ye ni Sharaf Eldin Shaiboub nk’uko agaragara kuri Konti ye ya Wikipedia.Ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko wavutse mu 1994 mu Kwezi kwa Kamena tariki 07.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *