wex24news

Louise Mushikiwabo yashimiye aba mwihanganishije muri ibi bihe byo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi.

Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’u Rwanda bari kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Louise Mushikiwabo yashimiye abamuhaye ubutumwa.

Mu butumwa bwe yagize ati:” Abachou, muraho neza! Muri ibi bihe bitoroshye byo kwibuka abacu twabuze imburagihe. Nifuzaga no kubabwira ko mbafite ku mutima kandi nshimira benshi muri mwe mwampanye ubutumwa muri ino minsi munyihànganisha ku kubura umubyeyi n’abavandimwe muri jenoside yakorewe abatutsi #Kwibuka30.

Icyo nababwira ntashidikànya nuko: u Rwanda rwatsinze kuberako rwimakaje urukundo, ntihagire ikibakanga rero! Tubeho, tubeho neza, tubereho n’abatakiriho! On est ensemble”.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *