wex24news

uko intambara ihagaze muri congo.

Ni ibikomeje kugarukwaho kuri uyu wa 16 Mata 2024, byose bikaba bikubiye muri VIDEO ikurikira.
Harimo ko :
 Imirwano ikaze yaramukiye mu bice bya VUNANO, umwe mu misozi ihana imbibe na SAKE mu gihe indi mirwano iri kubera ahitwa Kibirizi.
 Uruzinduko rwa Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa hamwe ndetse na Jakaya Kikwete wahoze ayobora Tanzaniya bose muri Uganda ruri mu bihanzwe amaso kuri iyi ntambara irimo ingabo za SADC,
 Perezida Tshisekedi yaje kugaragara nyuma y’icyumweru yaraburiwe irengero, aho yagaragaye ndetse n’ibyavuzwe byose biri mu kiganiro,
 Inyeshyamba za CODECO zizwiho kwica abaturage bo mu bwoko bw’Abahema zagaragaye ari zo zicunze umutekano muri Ituri.

kanda hano ukurikirane video yose .

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *