wex24news

Bruce Melodie yavuze ndirimbo iri kuri Album agiye gushyira hanze.

Yifashishije amashusho ari kuririmba agace gato yashyize hanze arimo kuririmbira umugore we n’abana be bari gucuranga, igahita ifatwa igashyirwa kuri YouTube n’abantu batandukanye nyamara hari agace, Bruce Melodie yatangaje ko nayo iri kuri Album ye muzo azasohora.

Kubera uburyo itazwi , benshi bagiye bayiha amazina atandukanye; Ugenda na Ndabizi.Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze Bruce Melodie yagize ati:”Ntagonzi ukuntu niyumva iyo numvise iyi ndirimbo. Iyi ni imwe mu ndirimbo ziri kuri album yanjye igiye gusohoka ”.

Uyu muhanzi yakirijwe ibitekerezo by’abamukunda bishimira iyi ndirimbo. Uwitwa Mwene Munana yagize ati:”Aka gace nari narakumvise Igice ndayishaka yose ndayibura ariko gira vuba uyiduhe Kabisa”.

Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda no k’umugabane wa Afurika.Bruce Melodie yashyizwe ku rutonde rw’Abahanzi bazajya mu iserukiramuco rya One Africa Music mu gihugu cya Sweden.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *