wex24news

Umwotsi wiyongereye nyuma y’ibisasu Isiraheli yateye mu majyaruguru ya Nuseirat.

Mu ntambara yatangiye umwaka ushize kugeza uyu munsi igihugu cya Isiraheli kirwana na Palestine, kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Isiraheli yashimiye Sena y’Amerika kuba yemeje ko hatangwa inkunga ingana na miliyari 13 z’amadorali z’inkunga ya gisirikare muri miliyari 26 z’amadorali z’ubufasha Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemereye Isiraheli mu ntambara irwanamo na Palestine no gutabara abaturage batuye mu ntara ya Gaza.

Nkuko ikinyamakuru france 24 kibitangaza , ministre w’ububanyi n’amahanga wa Isiraheli, yavuze ko icyemezo cy’Amerika cyo gutanga imfashanyo muri Isiraheli gitanga “ubutumwa bukomeye ku banzi ba Isiraheli bose.”

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *