wex24news

mwisura nshya taff gang yagarutse.

Abaraperi bamamaye mu instinda rya Taff Gang aribo Green P, P-Fla na Bull Dogg bongeye guhurira mu ndirimbo nyuma y’igihe kinini, byigizwemo uruhare na Kevin Montana na The Ben.

Aba baraperi bamaze igihe bateguza igaruka rya Taff Gang banumvikanisha ibihangano binyuranye birimo Album yabo. Kevin Montana yinjiye mu muziki ku guhuriza hamwe aba baraperi mu ndirimbo. akomeza agira ati”nakuze nkunda umuziki cyane na nakorana n’abahinzi batadukanye bo mu Rwanda muburyo butadukanye nyuma nibwo nagize igitekerezo cyo kuririmba”.

The Ben

Kevin Montana yavuze ko yaganiriye na The Ben akaba ariwe watumye akora umuziki amugira intama yo gukora indirimbo yaba icyirango cye mu gihe akiriho.

Kevin yabajijwe impamvu yahise Taff Gang asubiza agira ati”impamvu nahisemo Taff Gang ko ari inshuti ze cyane kandi nkaba shaka gokora injyana ya Hip Hop nibyo nahise gira igitekerezo cyo guhuza iri tsinda”.

uyu mugabo asanzwe akora akazi ko gutembereza ba mukerarugendo abimazemo imyaka 20. Kevin Montana yavuze ko aza korana n’abahanzi batandukanye akaba ateganya gusohora indirimbo 10 agahita ahagarika umuziki ubundi kagomeza gukora nkaba Dj Khaled uko bakora guhuza abahanzi benshi kandi bigatanga umusaruro.