wex24news

rwanda air yizewe ko izabasha gufasha Qatar airways kuziba icyuho muri Africa.

Badr Mohammed Al Meer pdg qatar airways

Badr Mohammed Al-Meer umuyobozi mukuru wa sosiyete itwara abantu n’ibintu mu kirere ya Qatar Airways yatagaje ko afitiye ikizere Rwanda Air mukuziba icyuho yuri iyi serivise mura Africa.

kuri uyu wa 15 Gicurasi Meer Mohammed yatagaje ibi ashingiye ku masezerano sosiyete yagiranye na Rwanda Air. yanasobanuye ko Randa Air izabafasha kugeza abagenzi mu bindi bya Afurika tubageza hirya no hino.

Makolo Yvonne Umuyobozi mukuru wa Rwanda Air yagaragaje ko ubu iyi sosiyete ibyaza umusaruro isoko rya Afurika n’abantu miliyari 1,4 ku gipimo 2%.

Makolo Yvonne yagize ati”mu bufatanye na Qatar Airways tujya i Doha gatandatu mu cyumweru kandi Rwanda Air ari kwibanda ku guhuza Afurika n’ahasigaye ku isi kandi birashimishije ko ikigo gito gifite indege 14 gikoresha inzira zigera kuri 90″.

Makolo yatagaje ko Rwanda Air ifite intego yo kubyaza umusaruro ugana na 20% kw’isoko ryo gutwara abantu n’ibintu ku mugabane wa Africa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *