wex24news

ntago ryahiriwe mu mikino y’igikombe cy’ isi.

Irererp rya PSG mu Rwanda ntabwo ryitwaye neza mu mikino ihuza amarerero, yari imikino ibaye ku nshuro 8 gusa u’ Rwanda rukaba ari ku nshuro 3 rwitabiriye iyi mikino.

iyi mikino iba ngarukamwaka ikaba ibera mu Bufaransa yatagiye kuri 12 Gicurasi, u Rwanda rwitabiriye iyi mikino ari cyo gihugu gitinyitse kuko ariyo yaribitse ibikombe mubataregeje imyaka 11 na 13.

Nyinawumuntu Grace wagiye ayoboye aba bana yatagaje ko impamvu batitwaye neza nl’uko byari bisazwe aruko hari abana 2 bato batwaye kandi bari bataramenyera neza.

U’ Rwanda nta gikombe ntakimwe rwabashije gutahana, mu bataregeje imyaka 11 rwaje ruri 5 naho mubataregeje imyaka 13 rukaba urwa 3.

Uwiringiyimana Christian yahembwe nk’umukinyi watsinze ibitego byinshi mu cyiciro cy’abataregeje imyaka 13 aho yatsinze ibitego 16.