wex24news

yagizwe umutoza w’umwaka muri Premier League

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola, yahawe igihembo cy’umutoza w’umwaka muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza .

Pep Guardiola shouts from the touchline

Guardiola w’imyaka 53, aheruka gufasha Manchester City gukora amateka aho yabaye ikipe ya mbere yo mu Bwongereza yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere inshuro enye yikurikiranya.

Guardiola yagize Ati “Ndashaka kugisangira n’abandi. Yego, by’umwihariko hamwe na Mikel kubera akazi kadasanzwe yakoze kugeza ku mukino wa nyuma. Byadusabye kwitanga bishoboka. Birumvikana, kuri Klopp, kubera ihangana ritazibagirana mu myaka myinshi.”

Mikel Arteta is leaving Arsenal at the end of the season

Mike Arteta umutoza wa Arsenal, Pep Guardiol yamushimiye ko wagaraje ihanga rikomeye muri uyu mwaka w’imikino.

Klopp

Pep Guardiola agashimira Jurgen Klopp wahoze atoza Liverpool wamuhaye akazi gakomeye mu myaka 9 yabaye muri Premier League.

Ni ku nshuro ya 5 Guardiola yabaye umutoza w’umwaka mu Bwongereza, mu gihe uwatwaye iki gihembo kenshi ari Sir Alex Ferguson wagihawe inshuro 11 ubwo yatozaga Manchester United.