wex24news

bagiyegitaramira mu bwongereza banateguza canada

Bruce Melody na Producer Element berekeje mu mujyi wa London mu gihigu cyu Bwongereza aho bafite igitaramo baboneraho no guteguza ababa mu gihugu cya Canada.

Bazaririmba mu gitaramo cyitwa ‘Shady Mixtape Party Festival’ kizabera ku mucanga wa Berwick, abagitegura batangaje ko rizaba mu gihe cy’iminsi 2 taliki 25-26 Gicurasi 2024.

Iri serukiramuco ribera mu mujyi wa London rikaba rihuza abahanzi bakomeye bo kumugabane wa Afurika sabahanzi gusa rinacurangamo aba DJ bakomeye kurwego rw’isi.

Bruce Melody yatagaje ko ashaka kuzaba yagarutse mu Rwanda bitarenze taliki 28 Gicurasi kuko nabwo hari ibindi bikorwa azaba arimo. akomeza avuga ko akazi k’umuziki akora yagasengeye cyane kandi Imana yagahaye umugisha niyo mpamvu ntakinubira mbikora nishimye kandi ndabikunda iyo biri gucamo.

Yakomeje avuga ko bitegura gutaramira mu bihugu by’u Burayi nka Canada mube mutwiteguye turaje tubere uko intama zambwarwa. Bruce Melody akazaririmba mu iserukiramico rizabera muri Suede rizaba kuva taliki 5 kugeza 7 Nyakanga 2024. Iri serukiramuco rizaririmbamo Ruger, Innoss’B, Skales, nabandi benshi