wex24news

urupfu rwe rukomeje kuba urujijo

MohBad umuraperi wo muri Nigeria umaze umwaka apfuye umurambo we wataburuwe kugira ngo ukorerwe isuzuma hamenyekanye icyamwishe.

Mohbad

Umurambo wa Mohbad wataburuwe mu minsi ishize ugiye gukorerwa ‘autopsie’ cyangwa se ‘isuzumamurambo’ nyuma yo gushyingurwa ariko ntibyavugwaho rumwe.

Mohbad wari utangiye kubaka izina mu muziki yapfuye urupfu rutunguranye ku wa 13 Nzeri 2023 ku myaka 27. Se yavuze ko hagomba gukorwa ibizamini bya ADN kubera ko ibyavuye mu isuzuma ryakozwe ku murambo we mbere ritashoboye kugaragaza icyateye urupfu rwe.